Ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byinjije miliyari 14,5 Frw mu minsi 5
UMUNOTANEWS · August, CA · 2 wk ago
OTHRFull-time
Ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi byinjirije u Rwanda arenga miliyoni 9$ (asaga miliyari 14,5 Frw), avuye muri toni 8,863 zoherejwe mu mahanga mu minsi itanu gusa, kuva tariki 3-7 Kanama 2026.
Imyaka y’ibyohererejwe
- Ikawa yinjije miliyari zirenga 3 Frw
- Icyayi cyinjije arenga miliyari 2,6 Frw
- Imboga zinjije asaga miliya 1,2 Frw
- Imbuto zinjije hafi miliyoni 463 Frw
- Indabo zinjije miliyoni 58 Frw
- Umusaruro ukomoka ku matungo winjije miliyoni 744 Frw
- Ibindi bitungwanywa hakoreshejwe ibihingwa bitandukanye
Ibihugu byoherejwe
U Rwanda kandi rwohereje hanze umusaruro ukomoka ku matungo n’ibikomoka ku buhinzi, ujyanwa mu bihugu birimo:
- Ubuholandi
- Ubuhinde
- Ubufaransa
- Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu
- Ubwongereza
- Sindapuru
- Viyetinamu
- Leta Zunze Ubumwe za Ammerika
- Ibindi bihugu byinshi byo muri Afurika